Akanama Nkemurampaka mu Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda (FERWAFA), kasabye Rayon Sports kwishyura myugariro Runanira Amza ibihumbi 650 Frw aho kuba Miliyoni 18 yareze asaba, kuko kasanze Rayon Sports yaramwirukanye mu buryo bunyuranyije n’amategeko.
source https://rss.app/articles/862477a63bc37168a61ec4e0d85a68cbec5bb94447b309664e1fc4e5065d9ad81eebc10f837322b7962facdc8e1004fb4547f14bc5c9d2fd48a443b7286425a754e921dc15c1bd3b797ec8cb38c78523e0ac77f8e8a40edf6112ed4af94845940652e6aeea0a9773eb63c61928c8c102e4fa1a09ee71189107f2bc3b84