Ibi bibanza biri i Gahanga muri Kicukiro hafi y'Agakiriro, ni ahantu heza cyane hubatswe amazu meza gusa kandi biri ku muhanda mwiza, bikaba bifite ibyangombwa byose byo guhita wubaka birimo authobatir yo kubakamo inzu yo hasi. Buri kibanza gifite icyangombwa cyacyo bikaba bigurishwa kimwe miliyoni cumi n'imwe (11.000.000 Frw).
Post a Comment
0Comments