Mu mujyi wa Abidjan mu gihugu cya Cote d'Ivoire umukobwa ufite imiterere idasanzwe yongeye ashavuza abagabo benshi ubwo yagaragaraga mu muhanda yikoreye akabase karimo ibyo yagendaga acuruza yambaye agakanzu kagufi kamufashe kagaragaza imiterere y'ikibuno cye .
Uyu mukobwa wari wambaye agakanzu keza cyane k'ibara rya orange, kamwegereye ubonako iyi kanzu igaragaza imiterere y'ikibuno cye, yatunguye benshi ubwo yagaragaraga mu muhanda agenda ashaka abamugurira ibyo yari yavanye murugo abitwaye ku mutwe.
Kubera imiterere ye, uyu mukobwa ukunze kugaragara acuruza, ubunyobwa abagabo benshi bakunze kumuhagarika ndetse bigatuma banamuteza imbere kubera uburyo ateye ukabona ko binabashimishije.
Ibi ni ibintu abantu benshi batamenyereye kubona umukobwa mwiza ufite imiterere nkiy'uyu ari mu muhanda ari gucuruza utuntu tw'ubucogocogo ari nayo mpamvu abantu benshi bamubonaga bagatungurwa.