Marina yasubije mu buryo busekeje umufana wamubajije niba ari isugi – YEGOB #rwanda #RwOT

webrwanda
0

Umuhanzikazi Marina kuri ubu ubarizwa muri label ya The Mane ari nayo ikurikirana inyungu ze mu bijyanye na muzika, yasubije mu buryo busekeje umufana wamubajije niba ari isugi. Ni mu gihe Marina abinyujije kuri story ya instagram ye yari yasabye abafana be ko bamubaza ibibazo byose bashaka maze nawe akabasubiza. Mu bafana be bamubajije ibibazo haje kubonekamo uwamubajije niba yaba ari isugi.

Marina

Nyuma yuko umwe mu bafana ba Marina amubajije niba ari isugi, Marina yamusubije mu buryo busekeje agira ati " Not Sure😝 ".

Like this:

Like Loading...



Source : https://yegob.rw/marina-yasubije-mu-buryo-busekeje-umufana-wamubajije-niba-ari-isugi/

Post a Comment

0Comments

Post a Comment (0)