Ntakwiriye gukina mu Rwanda| Ari ku rundi rwego| Bimwe mu byavuzwe n'abafana ba Byiringiro Lague – YEGOB #rwanda #RwOT

webrwanda
0

Abafana benshi ba Byiringiro Lague, Rutahizamu w'ikipe ya APR FC akaba na Rutahizamu w'ikipe y'igihugu y'U Rwanda, Amavubi, batangariye ubuhanga bwe ndetse n'ishyaka yakinanye ubwo Amavubi yakinaga umukino wa gicuti n'ikipe ya Central African Republic Ku wa Gatanu w'icyumweru gishize tariki ya 04 Kamena 2021. Benshi bagarutse ku ishoti rikomeye uyu musore yateye umuzamu w'ikipe ya Central African Republic ku mupira yari ahawe na mugenzi we Manishimwe Djabel. Aha akaba ariho bamwe bahereye bavuga ko uyu musore atari ku rwego rwo gukina mu Rwanda.

Bimwe mu byatangajwe n'abafana ba Byiringiro Lague ni ibi bikurikira:



Source : https://yegob.rw/ntakwiriye-gukina-mu-rwanda-ari-ku-rundi-rwego-bimwe-mu-byavuzwe-nabafana-ba-byiringiro-lague/

Post a Comment

0Comments

Post a Comment (0)