Uwo bitaga inkende akoze igikorwa cy'agatangaza #rwanda #RwOT

webrwanda
0

Ni umusore ukidi muto wavukanye uburwayi butangaje ,u buryo hari n'abadatinya kumwita inkende. akaba akomoka ku mubyeyi w'umukene utari yishobiye mbere yuko abona inzu nziza y'akagtaraboneka arimo uyu munsi.

Amakuru y'uyu musore ukiri muto ndetse na nyina yatunguye benshi ubwo yamenyekanaga, naho ibyino nzu byo ni amakuru dukesha Afrimax TV ikorera kuri murandasi.

Uyu musore ukiri muto ku myaka ye 22 abashije kugira abagiraneza bamufashije kubakira nyina inzu bazabamo bakaba bavuye mu bukene. Amazina ye yitwa Nsanzimana Elia akaba avuka anaba muri Gisagara.

Ubuzima bwahise buhinduka kuri uyu muryango maze ABAKURIKIRANA afrimax ntibatinya kuyita umutangabuzima. Ni inzukandi bahawe bakanaremerwa inka izajya ikamirwa bombi.

Magingo aya Afrimax yatangije undi mushinga wo gushakira inkunga uyu musore ngo agane kw'ishuli.

Ni inkunga ushobora gutanga nyuma yo gukurikirana uyu muhango wo kumurikira uyu muryango iyi nzu.

Ni inzu igezweho irimo ibitanda na matera byiza kandi biri kumwe n'pa salon igezweho irimo intebe nziza cyane ndetse na Television.



Source : https://impanuro.rw/2021/06/02/uwo-bitaga-inkende-akoze-igikorwa-cyagatangaza/

Post a Comment

0Comments

Post a Comment (0)