Gushimisha umugore mu mibonano mpuzabitsina ntibisaba ingano ahubwo bisaba ibikorwa byihagazeho #rwanda #RwOT

webrwanda
0

Abagore batandukanye ku kigero cya 20% bavuga ko umugabo ufite igitsina gito adatuma bagera ku byishimo bya bo bya nyuma mu mibonano mpuzabitsina, mu gihe abagore 80% bavuga ko bagera ku byishimo iyo bari kumwe n'ufite igitsina kinini.

Abagore batandukanye twaganiriye kuri iyi ngingo ntibayivugaho rumwe, 20% bavuga ko umugabo ufite igitsina gifite umubyimba muto iyo akoze imibonano mpuzabitsina ngo ntibacyumva neza mu gikorwa, abandi 60% bakavuga ko ufite igitsina gifite umubyima munini ariwe ukora akazi neza ngo kuko igitsina kirekire kandi kibyimbye ngo kimara ipfa, hakaba n'abandi 20% bashimishwa n'uburyo igitsina cyakoreshejwe batitaye ku mubyimba.

Umwe mu bashimishwa n'igitsina kinini mu mibonano mpuzabitsina, yagize ati 'Umugabo ufite igitsina gifite gito arangiza wumva ugifite ubushake, ariko umugabo ufite igitsina gifite umubyimba munini atuma uryoherwa.'

Undi na we yagize ati 'Njyewe sinkunga igitsina kinini, ufite igitsina gito ni we utuma ngera ku byishimo. Njye mbona biterwa n'uko umuntu aba yarabayeho, iyo wakoze imibonano n'abagabo batandukanye umenya kubitandukanya. Ufite igitsina kinini atuma mbabara.'

Urubuga rwa Internet 'bibamagazine' ruvuga ko ubushakashatsi bwakozwe ku bagore batandukanye bwemeje ko abagore babajijwe bavuze ko ingano y'igitsina atariyo irongora, ariko nanone umubare munini ukemeza ko igitsina gihagije kimara ipfa.

Bavuga kandi ko abagabo benshi baterwa isoni n'ingano y'igitsina gito, dore ko usanga abafite igitsina gito batinya no kwegera abagore cyangwa abakobwa, cyangwa se bagatinya kogera aho bagenzi babo bababona bakeka ko babaseka.

Ipfunwe ryo kugira igitsina gito kandi rishobora no gutuma umugabo ananirwa gushimisha uwo bari gukorana imibonano mpuzabitsina, ugasanga igitsina kigwa vuba, akarangiza vuba, mbese ntanezeze uwo bari gukorana imibonano mpuzabitsina.

Ubundi iyo igitsina cy'umugabo gifashe umurego, gipima hagati ya santimetero 13 na 17 (13 Cm-17 Cm) uhereye aho gitereye, agace gatuma umugore aryoherwa (point G) kari ahatarenga santimetero 4 (4Cm) gusa uhereye aho igitsina cy'umugore gitangirira.

None se ni iki gitera kudakura neza kw'igitsina?

1. Kudatembera neza kw'amaraso mu gitsina cy'umugabo

2. Kugira imisemburo mike bita Testosterone

3. Uburwayi butandukanye bushobora gufata imikaya igize igitsina cy'umugabo

4. Umubyibuho ukabije...

Ese wari uzi ko kugira igitsina gito, kurangiza vuba ku bagabo, gucika intege batera akabariro byavurwa?

Mu kuvura ubu burwayi bigendana no kumenya impamvu yabiteye, ni byiza rero kugana muganga wabizobereye akareba impamvu ibitera.

Ku bagabo bafite iki kibazo cyo kugira igitsina gito, bakoresha imiti nyunganiramirire ikozwe mu bimera kandi yizewe mu ruhando mpuzamahanga dore ko nta n'ingaruka igira ku muntu wayikoresheje.

Iyi miti ituma amaraso atembera neza mu gitsina ikongera imisemburo ya Testosterone ndetse ikanagabanya ibinure by'umurengera. Muri iyo miti twavugamo nka REVIVE Capsule, Ca-Fe-Zi plus, Cordy active na Golden Six...

Iyi miti uyishaka wabariza ku muhima, ahazwi nko kuri okapi cyangwa ugahamara kuri nomero :
+250788888963 (Call&whatsapp)

Aho waba uri hose mu Rwanda no mu mahanga, iyi miti tuyibagezaho.



Source : https://imirasire.com/?Gushimisha-umugore-mu-mibonano-mpuzabitsina-ntibisaba-ingano-ahubwo-bisaba

Post a Comment

0Comments

Post a Comment (0)