Ndanda wabyaranye na Anita Pendo yatereye ivi umukunzi we mushya anamwambika impeta (Amafoto) – YEGOB #rwanda #RwOT

webrwanda
0

Nizeyimana Alphonse wamenyekanye cyane ku izina rya Ndanda akaba yarabaye umuzamu w'amakipe akomeye hano mu Rwanda nka Rayon Sports. AS Kigali n'ayandi ndetse akaba yaramamaye cyane mu gihe yari mu rukundo n'umunyamakuru Anita Pendo ndetse bakaza no kubyarana abana 2, ku munsi w'ejo tariki ya 04 Nyakanga yatereye ivi uterera ivi ndetse no kwambika impeta umukunzi we mushya.

Ibi bibaye mu gihe mu kiganiro uyu musore aherutse kugirana na THE CHOICE LIVE yari yavuze ko ari mu rukundo n'undi mukobwa ko ndetse mu minsi ya vuba barimo guteganya imishinga ijyanye no gushinga urugo bakabana nk'umugabo n'umugore.



Source : https://yegob.rw/ndanda-wabyaranye-na-anita-pendo-yatereye-ivi-umukunzi-we-mushya-anamwambika-impeta-amafoto/

Post a Comment

0Comments

Post a Comment (0)