Ndimbati yiyamye abamubitse ko yapfuye ari muzima. – YEGOB #rwanda #RwOT

webrwanda
0

Umunyarwenya Uwihoreye Jean Bosco Mustafa uzwi nka Ndimbati muri filime ya papa Sava yiyahanije abakomeje kuvuga ko yapfuye kandi ari muzima.

Ni nyuma yaho Polisi y'u Rwanda ikorera mu karere ka Rwamagana iherutse kurasa umusore witwa Iradukunda Elissa wari warenze ku mabwiriza yo kwirinda covid, uyu musore ngo bakundaga kumwita 'Ndimbati'kubera imiterere ye.Ibi byatumye hari abakeka ko ari Ndimbati wo muri Papa Sava witabye Imana.

Mu kumara amazimwe ,uyu munyarwenya yanyarukiye kuri instagram ye maze ashyiraho videwo ahamya ko ari muzima ndetse yiyama nabakomeje kumuvugaho amakuru mabi ko atakiriho.



Source : https://yegob.rw/ndimbati-yiyamye-abamubitse-ko-yapfuye-ari-muzima/

Tags

Post a Comment

0Comments

Post a Comment (0)