Nyaruguru: Padiri Jean Claude Buhanga yitabye Imana azize impanuka #Rwanda #RwOT via @kigalitoday #rwanda #RwOT

webrwanda
0

Iyo mpanuka yabereye ahitwa i Ndago mu Karere ka Nyaruguru, hafi y'isoko, aho abakunze kugenda muri ako karere bazi ku izina rya ‘Community Center'.

Padiri Buhanga yaturukaga i Cyahinda yerekeza i Kibeho, kandi mu modoka yari kumwe na Faratiri Thacien Niyonsaba.

Imodoka barimo yagonganye n'ikamyo y'Abashinwa barimo gushyira kaburimbo mu muhanda Huye-Nyaruguru, yari yikoreye umucanga, ni uko Padiri Buhanga ahita yitaba Imana, ariko Faratiri Niyonsaba we yari agihumeka, maze ajyanwa ku bitaro bya CHUB i Huye.




Tags

Post a Comment

0Comments

Post a Comment (0)