Abakobwa bo muri Sénégal barinubira abacecuru bari kubatwara abasore. – YEGOB #rwanda #RwOT

webrwanda
0

Muri ibi bihe uko isi igenda itera imbere, hafi mu bice byisi byose usanga harateye umuco wo kumvako abana bato gukundana nababarusha imyaka myinshi ari ibintu bisanzwe. Gusa abenshi babisanisha nibibazo byamafaranga abato baba bashaka gukura kuri abo bakuze bigatuma bashobora gukundana cyangwa. Mugihugu cya Senegal abakobwa bakomeje kwinubira iki kibazo, aho bavugako abakecuru babatwara abasore bakagombye kuba bakundana.

Ibi byazamuye intera Nyuma yuko Hari amashusho yasakaye kumbuga nkoranyambaga zikoreshwa nabantu benshi kwisi. Aya mashusho agaragaramo umukecuru w'umuzungu arikumwe numusore wirabura bicaye ahantu basa nkabasohotse, umukecuru ashaka gusoma wa musore muto muto wirabura.

Dore amashusho👇👇👇



Source : https://yegob.rw/abakobwa-bo-muri-senegal-barinubira-abacecuru-bari-kubatwara-abasore/

Post a Comment

0Comments

Post a Comment (0)