Abandi barabeshya ibi nibyo bita urukundo pe! #rwanda #RwOT

webrwanda
0
    Hari Video iri gusakara ku mbuga nkoranyambaga yerekana igihe abakunzi babiri bafite uburwayi bwo mu mutwe bagaragaye mu muhanda rwagati uri Ghana, bari mu rukundo basomana byimbitse, benshi baratungurwa.
    Amakuru aravuga ko muri iyi video ya yakunzwe na benshi, umugabo n'umugore basa nk'abataye ubwenge bagaragaye mu ruhame bishora mu gikorwa cy'urukundo batitaye ku biri kubera impande zabo.
    Aba bakundana ntibabashije kwihanganira ibyiyumviro byabo kuko bishimiye akanya ko gukundana ubwo bari hagati mu muhanda batitaye ku bitekerezo by'abari aho babahanze amaso.
    Bamwe mu babonye iyi video ntibazuyaje kwerekana mu bitekerezo byabo ko bishimiye aba bombi uburyo berekanye urukundo rwabo.
    Abanyeshuri bafashwee amashusho barimo bashimishanya nyuma y' imyigaragambyo y'abarimu muri Ghana [Video]
    Uwiyita fly.heroes ati: 'Ibi nibyo twita mu byukuri gusarira mu rukundo {kuba mu rukundo byasaze)'
    naho officialkaycash01 we ati: 'Kandi Adwoa ati ngomba kugira amafaranga mbere yuko mbona urukundo muri Ghana? Adwoa hmmmm'



Source : https://impanuro.rw/2021/10/31/abandi-barabeshya-ibi-nibyo-bita-urukundo-pe/

Post a Comment

0Comments

Post a Comment (0)