SOBANUKIRWA ububi bw'indwara y'Amibe,mbese war'uziko ishobora no kugera ku bwonko mugihe itavuwe neza? #rwanda #RwOT

webrwanda
0

Ubushakashatsi bwagaragaje ko iyo Amibe itavuwe neza ishobora gukwira umubiri wose kugeza no mu bice by'ubwonko .

Wakwibaza uti ese Amibe niki ? Yandura ite ? Wayirinda ute ?

Amibe n' indwara itera ububabare no kuribwa mu mara bitewe n'udukoko dutera indwara two mu bwoko bwa protozoa histolytica d'entamoeba.

Umuntu yandura Amibe iyo anyoye amazi cyangwa ibiryo byandujwe n'utu dukoko.
Amibe zitembera mu rwungano ngogozi maze zigafata icumbi mu mu rura rw'amata aho zicukura zishakisha ubwihisho.

Amibe zishobora no gukwirakwira mu bice by'umubiri nk' Umwijima, ibihaha, ubwonko ndetse n'ahandi mu mubiri igihe uzirwaye ativuje hakiri kare.
Amibe zigabanijemo amoko menshi , ariko izikomeye cyane kandi zangiza umubiri n' izitwa histolytica d'Entamoeba zigabanijemo ibice bibiri .
Zikunze kuba mu bice by'isi bishyuha cyane cyane muri Afurika aho zinagira amahirwe yo kororoka kubera umwanda.

Hari Amibe zibera mu mara umuntu ashobora kubana nazo igihe atazi ko azirwaye , ariko iyo zimaze kumuzahaza mu mara [ Amara ] nibwo atangira gucibwamo , akituma amaraso ndetse akanaribwa mu nda bikabije cyane.

Ubwoko bwa kabiri ni ubwa Amibe zirenga amara zikajya mu bindi bice by'umubiri nk'umwijima, ibihaha, ubwonko ndetse n'uruhu. Kugira ngo zigere kuri iyo ntera bitwara igihe kirekire kandi bigaterwa n'uko uzirwaye atazivuje.

Indwara zituruka ku mwanda zirimo inzoka zo mu nda ziterwa n'udukoko twitwa protozoa twibasira amara tuyanyunyuzamo ibitunga umubiri. Iyo Amibe zakurenze kandi zifata ibindi bice birimo umwijima bigatuma agasabo k'indurwe kadakora , maze indurwe yarekuraga mu gusukura amaraso ntizibe zikigiye.

Iyo Amibe zibasiye ibihaha ubibwirwa n'uko ukorora igikororwa gisa n'umuhondo kandi kirimo amaraso ndetse ukanagira ububabare bukabije mu gituza n'umuriro mwinshi rugeretse.
Kubo Amibe zafashe impyiko, usanga barwara indwara zifata imyanya icamo inkari ndetse kandi bakanagira igisebe ku mpyiko.

Bimwe mu bitera Amibe :

• Umwanda ukwirakwiza turiya dukoko dutera Amibe. Utwo dukoko tuboneka mu mazi yanduye ndetse n'ibiryo byandujwe natwo. Kurya ibiryo byandujwe n'amasazi ndetse n'imibu.

• Kwicara ku ntebe umuntu wanduye utu dukoko twitwa histolytica d'entamoeba yicayeho nabyo biri mu bikwirakwiza Amibe.
• Kurya imboga n'imbuto byarongeshejwe amazi adatetse cg adasukujwe siro bikwirakwiza Amibe ku rwego rwo hejuru.

• Ku bakunzi b'inyama cyane cyane iz'ingurube nabo ni ukuzirya bari menge , kuko iyo zatetswe nabi ari isoko yo kwandura za Amibe.

Tukiri ku mbonekarimwe kandi abakunda zingaro nabo ni ukuzitondera cyane cyane iz'ihene, inka n'izindi nyamaswa kuko iyo zitetswe cg zokejwe zitaronzwe neza n'amazi atetse biba byoroshye cyane kugira ngo umuntu afatwe n'izi nzoka zo mu nda.

•Amibe kandi abantu barayanduzanya ayi arinayo mpamvu abantu bagomba kwitwararika ku isuku y'intoki zabo mbere yo kurya, guterura umwana, kumwonsa ndetse n'ibindi bikorwa.
Hakwiye kwigwa ku buryo gukorana mu ntoki byagabanuka , n'ubwo gusuhuzanya ari igikorwa cyiza cy'umuco nyarwanda.

• Isuku nke yaba ay'aho abantu batuye ndetse n'ibikorwa remezo runaka ni nyirabayazana w'ikwirakwizwa rya Amibe , ari nayo mpamvu bigora ko Amibe cg n'izindi ndwara ziterwa n'isuku nke zirandurwa.

Mu zindi mpamvu zitera ikwirakwizwa ry'Amibe n'imibonano mpuzabitsina ikorewe mu kibuno igihe ababikora bahise bikora ku munwa biba byoroshye guhita baha urwaho izo mikorobe kumanukira mu nda zabo.

Bimwe mu byakubwira ko urwaye Amibe :

• Diyare idakanganye
• Guhora uribwa mu gice cy'inda bijyana no gucika intege
• Kumva udashaka kugira icyo urya ndetse ukumva ufite Isesemi.
⏺️Gucika intege mu gihe cy'imibonano mpuzabitsina(ubusanzwe Amibe ikona abagabo)

Ibindi bimenyetso bikaze :

• Gucibwamo wituma imyanda yeruraka isa n'umweru kandi irenduka ndetse ivanze n'amaraso.
• Kubura ipfa ryo kurya burundu ndetse no gutakaza ibiro mu buryo bukabije
• Kugira umuriro, kuruka cyane , ndetse ukagira n'uruhu rwijimye n'isura yihinnye nk'iy'umuntu ugeze mu zabukuru.

Benshi bibaza niba koko Amibe zivurwa zigakira cyangwa se niba imiti itangwa kwa muganga ari iyo kuyoroshya gusa nyuma ikagaruka nk'uko bikunze kuvugwa n'abantu benshi hanze aha.
Nibyiza ko twita k'ubuzima bwacu rero , twirinda kugira umwanda ndetse n'ibindi byinshi twabonye haruguru . Uwibonyeho bimwe mu bimenyetso twabonye nawe akihutira kujya kwa muganga kandi agakurikiza amabwiriza ahabwa n'abaganga.

Ahangaha rero tukaba twagukusanyirije ubwoko butatu bw'inyunganiramirire zitunganyijwe kuburyo bw'umwimerere kandi bugufasha guhangana na Amibe
kandi igakira burundu kuko ziyirandurana n'imizi.kubufatanye na DNG INTERNATIONAL
1⃣ Gano chocolate ni Shokola ikozwe mugihumyo cya Ganoderma kiboneka kumugabane wa Asia,Cacao n'umushongi w'igisheke,iyingiyi iyo uyinyoye Amibe isohoka mugikono cyayo ikaza kuyirya kuberako iyihumurirwa ndetse ikanayiryoherwa hanyuma ukanywa ibinini bya
2⃣ Yee garlic capsule (bitunganyijwe muri tungurusumu)ibi ninabyo byica za nzoka ziba zasohotse zije kunyunyuza Chocolate, nyuma kandi ya Yee Garlic umurwayi anywa
3⃣ Liquid Chlorophyll Plus Guarana ikajya gusohora Amibe zapfuye ndetse niziba zitarahwana ariko zazahaye zitaranasubira mugikono cyazo,nyuma yo gufata cure yuzuye Amibe isigara ari umugani ubuzima bugasubirana umwimerere wabwo!
Tuvura n'izindi ndwara nyinshi,tugatanga n'ubujyanama kubuzima.
Dufasha abifuza kwirinda indwara no kwongera ubudahangarwa bw'umubiri kugirango udapfa kuvogerwa n'indwara .

Dukorera Kigali/Nyarugenge

TWANDIKIRE
SMS/ ubutumwa bugufi & whatsap, cg uduhamagare
Kuri:

+250789501984
Ububutumwa nubumenyesha abandi nawe uraba urokoye ubuzima bwabenshi.



Source : https://imirasire.com/?SOBANUKIRWA-ububi-bw-indwara-y-Amibe-mbese-war-uziko-ishobora-no-kugera-ku

Post a Comment

0Comments

Post a Comment (0)