Breaking: Tottenham Hotspur yirukanye Umutoza... - #rwanda #RwOT

webrwanda
0

Ubuyobozi bw'ikipe ya Tottenham Hotspur bumaze gutangaza ko uwari umutoza wayo Nuno Espirito Santo bamaze gutandukana ndetse na bagenzi be bakoranaga barimo Lan Cathro, Rui Barbosa na Antoinio Dias

"Ndabizi uburyo Nuno n'abo bakoranaga bashakaga kugera ku ntsinzi, gusa nanjye ndicuza ku buryo dufashe uyu mwanzuro." Fabio Paratici umuyobozi wa Siporo muri Tottenham Hotspur aganira n'itangazamakuru. "Nuno ni umugabo w'umunyakuri kandi azamya guhabwa ikaze hano. Namushimira ndetse nabo bakoranye tukanamwifuriza amahirwe mu gihe kiri imbere."


Nuno yari amaze amezi ane atoza Spurs 

Nuno Espirito Santo asize Tottenham Hotspur ku mwanya wa 8 n'amanota 15 akaba yarageze muri Tottenham Hotspur avuye muri Wolves yari amazemo igihe.



Source : https://inyarwanda.com/inkuru/110993/breaking-tottenham-hotspur-yirukanye-umutoza-wayo-nyuma-yamezi-ane-ahawe-akazi-110993.html

Tags

Post a Comment

0Comments

Post a Comment (0)