Inkuru nziza ku bakunzi ba Active Group – YEGOB #rwanda #RwOT

webrwanda
0

Abasore batatu bagize itsinda rya Active Group aribo Tizzo, Derek na Olivis kuri ubu batangaje ko bagiye kugaruka mu muziki ariko bafitr ubujyanama bwa Donda Entertainment.

Mu kiganiro bagiranye n'abanyamakuru kuri uyu wa 2 batangaje ko bagiye kongera gushimisha abakunzi babo babaririmbira indirimbo nyinshi bazakunda. Ibi bibaye mu gihe hashize iminsi aba basore basabwa kugaruka mu muziki na benshi mu byamamare ba hano mu Rwanda.

Active group



Source : https://yegob.rw/inkuru-nziza-ku-bakunzi-ba-active-group/

Post a Comment

0Comments

Post a Comment (0)