Kirehe: Inka 13 zapfuye mu buryo bw'amayobera #Rwanda #RwOT via @kigalitoday #rwanda #RwOT

webrwanda
0

RAB irimo gushakisha icyateye urupfu rw
RAB irimo gushakisha icyateye urupfu rw'izo nka

Nyuma y'urupfu rw'izo nka, haketswe ko zaba zazize amasaka zonnye mu murima w'umuturanyi.

Umukozi w'Umurenge wa Mpanga ushinzwe imiyoborere, Etienne Sibongo, avuga ko atakwemeza ko zazize amasaka ahubwo harimo gushakishwa icyo zaba zarazize.

Ati "Urumva iyo byabaye kuriya abantu bavuga byinshi ariko ntitwabyemeza, ahubwo dutegereje igisubizo cya cy'Ikigo cy'igihugu cyita ku buhinzi (RAB), abakozi bayo bafashe ibizamini, ubwo turategereje ibisubizo".

Sibongo avuga ko nyuma y'ibisubizo bya RAB aribwo hazamenyekana icyakorwa mu rwego rwo gufasha uwahuye n'icyo kibazo.




source : https://ift.tt/3ovXzq8
Tags

Post a Comment

0Comments

Post a Comment (0)