Menya uko amibe zizengereza benshi zikanabuza abagabo gutera akabariro neza, n'uko wazikira burundu #rwanda #RwOT

webrwanda
0

Kugira ngo indwara y'amibe ikure mu mubiri, agakoko k'antamoweba histolitika karagenda kakibera mu mara, aho gatungwa n'amaraso kanyunyuza mu muntu, bityo rero kakaba gashobora guca ibisebe cyangwa kagateza ibibyimba ku mara. Ariko kandi hari n'igihe ako gakoko k'amibe gashobora no kwinjira mu maraso kagatemberamo bityo bigatuma gashobora no kugera mu mwijima maze naho kakahateza ibibyimba.

Ibimenyetso bya Amibe ukwiye kumenya :

  • Kubabara mu nda
  • Kugira umuriro rimwe na rimwe
  • Gushaka kujya ku musarane nyamara wajyayo bikanga
  • Guhurwa ibiryo bimwe na bimwe ndetse no kubura appetit
  • Impiswi akenshi hakagaragara mo amaraso
  • Kwishimagura,…
  • Kubyukana isesemi

Uko twakwirinda Amibe :

Inama y'ibanze yo kwirinda iyi ndwara ni ukugira isuku y'amazi, ibiribwa n'isuku y'ibikoresho byo mu rugo, ukoresha amazi atetse cyangwa ugakoresha amazi arimo imiti yagenewe gusukura amazi, koza ibiribwa mbere yo kubirya, gukaraba intoki kenshi gashoboka cyane cyane uvuye mu bwiherero na mbere yo kurya cyangwa konsa umwana ku babyeyi bonsa.

Ese Amibe iravurwa igakira ?

Abantu benshi bibeshya ko Amibe idakira ariko ni ukutabimenya kuko Amibe ivurwa kandi igakira burundu. Ahubwo ni ingenzi kwirinda bihagije kuko akenshi iyo umuntu yavuwe agakira maze ntagire isuku ihagije akongera kwandura akeka ko atakize neza kandi Atari byo, byaba byiza rero ugize isuku maze ukaba wirinze burundu indwara ya Amibe.

Ubu rero habonetse imiti myimerere ikoze mu bimera,ikaba ivura amibe igakira burundu. Iyi miti yizewe ku rwego mpuzamahanga kuko ifite ubuziranenge. Muri yo twavugamo nka Reishi ; iyi yica amibe ndetse ikamenagura n'ibikonoshwa amibe zihishamo.

By'umwuhariko ku bagabo, iyo amize zabazahaje n'ubushobozi bwo gutera akabariro buragabanuka cyane ndetse bamwe no kongera kugira ubushake bikanga burundu. Kugirango igikorwa cy'imibonano mpuzabitsina kigende neza kuri bene abo, umuti w'akataraboneka witwa REVIVE ubafasha kongera kwitwara neza mu buriri.

Yaba uwabitewe na amibe cyangwa se indi mpamvu, umugabo wese wakoresheje revive atuma amarangamutima n'ipfa ry'imibonano ku mugore bishira kubera kumunezeza.

Irwanya kwiheba no gusa nabi ku mugore kandi nta ntonganya n'ubwumvikane buke cyangwa gucana inyuma biba mu rugo.

Gukoresha revive bigufasha gusohora mu gihe ushaka gusohora, ibyo bikakurinda gupfubya uwo muhuye. REVIVE irinda kandi ikavura gusohora imburagihe ndetse ikanavura ingaruka ziterwa no kwikinisha.

Twabibutsa ko iyi miti nta ngaruka igira ku muntu wayikoresheje. Uramutse ukeneye iyi miti wahamagara cyangwa ukatwandikira kuri +250786493913.



Source : http://www.ukwezi.rw/mu-rwanda/Ubuzima/article/Menya-uko-amibe-zizengereza-benshi-zikanabuza-abagabo-gutera-akabariro-neza-n-uko-wazikira-burundu

Post a Comment

0Comments

Post a Comment (0)