Muri 2030 u Rwanda ruzaba rwagabanyije umwuka wangiza ikirere ku kigero cya 38% #Rwanda #RwOT via @kigalitoday #rwanda #RwOT

webrwanda
0

Dr. Edouard Ngirente
Dr. Edouard Ngirente

Yabitangaje ku mugoroba wo ku wa Kabiri tariki 02 Ugushyingo 2021 ubwo abahagarariye ibihugu muri iyo nama bagezaga ijambo ku bayitabiriye.

Minisitiri w'Intebe, Dr. Edouard Ngirente, yasabye Isi muri rusange kwihutisha ingamba zikubiye mu masezerano ibihugu byiyemeje akaba yavuze ko isi ikwiye kongera umuvuduko mu ishyirwa mu bikorwa ry'amasezerano agamije kurengera urusobe rw'ibinyabuzima kwirinda ingaruka ziterwa n'imihindagurikire y'ibihe.




source : https://ift.tt/3k3B7U5
Tags

Post a Comment

0Comments

Post a Comment (0)