Uyu muhango wo gusezerana imbere y'Imana wabereye mu rusengero rwa Evangelical Restoration Church (ERC) i Masoro aho basezeranyijwe n'umugore wa Apôtre Ndagijimana Joshua Masasu , Pasiteri Lydia Masasu.
Mu bahazni baririmbye muri ubu bukwe, barimo Gaby Kamanzi na Simon Kabera mu gihe Patient Bizimana na we yaririmbiye umugeni we.
Umuhano wo gusezerana wabimburiwe n'indi mihango yo gusaba no gukwa yabaye mu gitondo cyo kuri iki Cyumweru yabereye muri Romantic Garden ku Gisozi mu Mujyi wa Kigali.
Photos : Igihe
UKWEZI.RW