By'umwihariko kuri uyu munsi hirya no hino mu Gihugu, habaye gahunda yo gushyikiriza ibyo bikorwa abaturage, muri uyu mwaka hakaba hizihizwa imyaka 21 y'ubufatanye bwa Polisi n'abaturage mu kubungabunga umutekano no guteza imbere imibereho myiza y'abaturage.
Ibikorwa Polisi yamuritse byatwaye amafaranga y'u Rwanda angana na Miliyoni 997.