Abafana bemerewe gusubira ku bibuga, ibitaram... - #rwanda #RwOT

webrwanda
0

Iyi nama yabaye kuri uyu wa Kane tariki 26 Mutarama 2022, iyobowe na Perezida Paul Kagame yafashe ingamba zinyuranye zigamije kurushaho kwirinda Covid-19.

Zimwe mu ngamba zakozweho amavugurura harimo isaha yo kugera murugo ahi kuva kuri uyu wa Kane tariki 27 Mutarama, isaha yo kugera murugo ari saa 12:00 PM ndetse bantu bakongera gusubukura ingendo kuva kuva saa 04:00 am.  Ibikorwa byose byemerewe gukora bizajya bifunya ku isaha ya saa 11:00 PM.

Ibitaramo by'umuziki, utubyiniro n'ibindi bitamo by'umuziki bizafungura mu byinshiro aho uburenganzira buzatangwa na RDB.

Utubyiniro twahawe rugari

Abafana bemerewe kugaruka ku bibuga kureba imikino itandukanye, gusa amabwiriza yimbitse kuri iyi ngingo azatangwa na Minisiteri ya Siporo.

Abafana bongeye gukomorerwa

Abagenzi batega moto ndetse n'amagare bagomba kuba barikingije, naho imodoka zitwara abantu mu buryo bwa rusange zizajya zitwara abicaye ku buryo bw'ijana ku ijana. Imihango yose izajya ibera mu insengero ihomba kwakira 75% k'ubushobozi urusengero rufite, kandi abantu bose bitabira amateraniro bagomba kuba barikingije.


Ubu ibitaramo byafunguwe 

Iyi myanzuro y'imana y'abaminisitiri kandi ku kijyanye na COVID-19 isoza ishishikariza abantu kwikingiza Covid-19 bafata inkingo zose kugira ngo babashe kujya mu ruhame.






Source : https://inyarwanda.com/inkuru/113888/abafana-bemerewe-gusubira-ku-bibuga-ibitaramo-nubyiniro-birafungurwa-ingamba-nshya-zo-kwir-113888.html

Post a Comment

0Comments

Post a Comment (0)