Nakumiro: Umupasiterikazi Nyuma yo gupfusha umugabo we yahise yibera umutinganyi. – YEGOB #rwanda #RwOT

webrwanda
0

Umugore witwa Jacinta Nzilani usanzwe akora umurimo wivugabutumwa muri Nairobi mu gihugu cya Kenya, yatangajeko yahisemo kwibera umutinganyi Nyuma yuko umugabo we apfuye.

Uyu mugore ibi yabitangaje avugako Nyuma yurupfu rwumugabowe bari bamaranye imyaka 25 abo mu muryango wumugabo bamufashe nabi cyane ndetse nabo mwidini rye bakamushyiraho igitutu ngo ashake undi mugabo, ibi rero byatumye yifatira umwanzuro wo kwibera umutinganyi. Nzilani avugako ari umwanzuro itari woroshye kuba umutinganyi, gusa yaje kumenyera Nyuma aza no guhura nabandi bagore babatinganyi. Nyuma yo kumenyana nabagore babatinganyi bamweretse nurusengero basengeramo maze arayiboka akajya asengerayo. Ndetse ubu bivugwako Nzilani afite urusengero yashinze ubwe.



Source : https://yegob.rw/nakumiro-umupasiterikazi-nyuma-yo-gupfusha-umugabo-we-yahise-yibera-umutinganyi/

Post a Comment

0Comments

Post a Comment (0)