Mam Dangote yahishuye ko umuhungu we Diamond afitanye ubukwe na Zuchu #rwanda #RwOT

webrwanda
0

Nyina wa Diamond na mubyara w'uyu muhanzi, Romy Jons baciye amarenga y'ubukwe bw'icyi cyamamare na Zuchu mu byumweru bibiri!

Nyuma y'iminsi havugwa ikibatsi cy'urukundo hagati ya Diamond na Zuchu n'ubwo muri bo ntawe uremeza aya makuru ku mugaragaro. Ubu noneho ibintu byafashe indi ntera nyuma y'aho nyina wa Diamond na mubyara w'iki cyamamare witwa Romy Jons baciye amarenga y'ubukwe mu byumweru bibiri.

Uyu mubyara wa Diamond yagiye ahashyirwa ibitekerezo kuri post ya nyina wa Dimond, Mama Dangote maze abaza uyu mubyeyi agira ati"Tariki 14 zuchu azarongorwa?". Mama Dangote byihuse yamusubije agira ati"Yambitswe impeta".



Source : https://umuryango.rw/imyidagaduro/article/mam-dangote-yahishuye-ko-umuhungu-we-diamond-afitanye-ubukwe-na-zuchu

Post a Comment

0Comments

Post a Comment (0)