Mohamed Salah kwakira ko yatsinzwe finale ya AFCON byamunaniye. – YEGOB #rwanda #RwOT

webrwanda
0

Umukinnyi Mohamed Salah uri mu bitwara neza mu ikipe yigihugu ya Misili ndetse niya Liverpool yo mu Bwongereza hamenyekanya amakuru ko Nyuma yo gutsindwa Finale yigikombe cya Afurika AFCON Atari yiyakira.

Aya makuru yamenyekanye atangajwe numutoza we Jurgen Klopp mu ikipe ya Liverpool ku munsi wejo. Klopp yagize ati ' umuntu wese witegereje Mo Salah ahita abonako akiri kwitekerereza kuri finale ya AFCON'.

Aya magambo kandi Jurgen Klopp ayatangaje Nyuma Yuko Mo Salah agarukiye mu myitozo yiyi kipe Liverpool.

AFCON yatwawe nikipe yigihugu ya Senegal yari iyobowe na kizigenza Sadio Mane nawe ukinira ikipe ya Liverpool ndetse akaba akinana bya hafi na Mo Salah dore ko Bose bakina kumyanya yimbere bashaka ibitego. Abanshi ndetse banakeka ko impamvu insinzwi itarava mu mutwe was Salah aruko akinana na Sadio Mane wamutwaye igikombe.



Source : https://yegob.rw/mohamed-salah-kwakira-ko-yatsinzwe-finale-ya-afcon-byamunaniye/

Post a Comment

0Comments

Post a Comment (0)