Israel mbonyi yateguje abakunzi be igitaramo mu gihe gito - YEGOB #rwanda #RwOT

webrwanda
0

Umuramyi Israel mbonyi uri mu bakunzwe mu Rwanda kubera ubuhanga ndetse n'ubutumwa bwubaka bikunze gukora kuri benshi hanze aha.

Israel Mbonyi, yatangaje ko ari kwitegura gukora igitaramo kinini azamurikiramo alubumu ebyiri.Ibi Israel Mbonyi yabitangaje kuri uyu wa Gatanu tariki 11 Werurwe 2022 mu butumwa yacishije kuri Twitter ye.

Byitezweko muri uyu mwaka aribwo igitaramo cye gishobora kuba nkuko yagiye abyifuza mu gihe cyashize gusa kubera COVID bikomeza gusubikwa .



Source : https://yegob.rw/israel-mbonyi-yateguje-abakunzi-be-igitaramo-mu-gihe-gito/

Post a Comment

0Comments

Post a Comment (0)