Ubuhamya n'inama za Umutesi, umuganga wiyemeje gufasha abagabo batitwara neza mu gutera akabariro #rwanda #RwOT

webrwanda
0

Mfashe aka kanya kugirango nganire n'abagabo ku bijyanye n'imyororokere. Mbese wa mugabo we, ntiyaba ari wowe ushaka kwisenyera kubera uburangare bwawe ?

Abagabo benshi muri iyi minsi bafite ibibazo byo kubura ubushake bwo gukora imibonano mpuzabitsina, abandi barayikora bakarangiza vuba, abacika intege batera akabariro, abagizweho ingaruka no kwikinisha, ababuze urubyaro kubera intanga zangiritse n'ibindi bibazo bitandukanye ku myororokere...

Mu by'ukuri, kutagira ubushake bwo gukora imibonano mpuzabitsina, kurangiza vuba, gucika intege mu gihe cyo gutera akabariro ni bimwe mu bibazo bikomereye abashakanye ahanini biri guteza impagara no gusenyuka ku ngo nyinshi.

Kurangiza vuba bivugwa igihe umugabo arangiza (asohora) mbere y'uko akora imibonano cyangwa se hatarashira iminota ibiri ari mu gikorwa. Ibi akenshi biba atabishaka, bigatera guhangayika, kwigaya ndetse bigateza ibibazo n'umwiryane mu rugo kuko hari n'ubwo uwo bashakanye amuca inyuma kubera kutamugeza ku byishimo bye bya nyuma (orgasme).

Iki kibazo gihuriweho n'abagabo benshi, si urw'umwe, gusa biravurwa kandi bigakira burundu.

Gukoresha REVIVE CAPSULES byagufasha kongera kugarura ibyishimo by'urugo rwawe.

REVIVE ni inyunganiramirire ikunda kuboneka mu bihugu byo muri Aziya (China, Korea)
Revive yifashishwa cyane mu kuvura indwara zikomeye ndetse no kurinda umubiri indwara zirimo na Kanseri.

Iyi nyunganiramirire ya Revive nta ngaruka itera ku buzima bwa muntu, ahubwo ifasha mu kurwanya ingaruka zaba zaratewe no gukoresha imiti irimo chemical elements.
#+250786493913

AKANDI KAMARO ka REVIVE :

1. Ituma amaraso atembera neza.

2. Ituma ubwonko bukora neza ikanongerera umuntu imbaraga.

3. Yongerera ubudahangarwa amaso umuntu akabasha kureba neza.

4. Igabanya urugimbu rw'amaraso.

5. Irinda amaraso kwipfumbika.

6. Irinda imitsi gupfunyarara.

7. Irinda kujunjama n'indwara ziherekeza ubusaza.

8. Ivura guhorana umunaniro ukabije.

9. Irinda uburemba, ikanongerera abagabo ubushake bwo gukora imibonano mpuzabitsina.

10. Irinda kubyimbagatana ikabavura gusesa urumeza.

11. Irwanya cyane kurwara umutwe w'uruhande rumwe ikanarwanya asima.

12. Ihangana n'ingaruka zo kwikinisha, ikongera imbaraga za kigabo ndetse ikanafasha mu kongera amasohoro.

REVIVE ntigoranye kuyifata kuko ufata ikinini kimwe mu minsi ine, ibyo bigaragaza imbaraga ifite.

Dukorera mu bice bitandukanye by'igihugu kandi tunayibagezaho aho muherereye ku babyifuza.

Ku bindi bisobanuro
Call & WhatsApp :
+250786493913



Source : http://www.ukwezi.rw/1-1/17/article/Ubuhamya-n-inama-za-Umutesi-umuganga-wiyemeje-gufasha-abagabo-batitwara-neza-mu-gutera-akabariro

Tags

Post a Comment

0Comments

Post a Comment (0)