Sinkeneye uwo kunezeza mu buriri !Umuhanzi Sheebah Karungi yabwije ukuri kubibaza ku mugabo bakundana #rwanda #RwOT

webrwanda
0

Umuhanzikazi wo muri Uganda, Sheebah Karungi ,avuga ko we adakenye umuntu w'igitsinagabo uzamura iringu ryo mu buriri kuko ngo nawe mu buryo atavuze abikoramo,abyishoboreye kandi yihagije.

Uyu muhanzikazi ukunze kwiyita Queen Karma, yatangaje ibi ubwo yasubizaga umwe mu bafana be bamukurikira kuri konti ye ya Instagram aho yari yamubajije ikibazo kigira giti'Ariko mu by'ukuri ni uwuhe mugabo muryamana?','Naye nga ddala Ani Akulya?'.

Sheebah mu kumusubiza yagize ati'Nze Kenyini',ninjyewe ubwanjjye ubyikorera ,sinkeye uwo kunezeza mu buriri kuko ndihagije '.

Amagambo y'uyu mukobwa yatumye benshi bongera kugaruka ku makuru yakwiriye ku mbugankoranyambaga avuga ko yaba ari umutinganyi,aryamana n'abo bahuje igitsina.

Uretse kuba yaragiye mu nkuru zo gutwara abakunzi b'abandi babakobwa,nta gihe yigeze ajya ku karubanda ngo agaragaze umwe mu bakobwa cyanagwa umuhungu baba bakundanye ho .Iby'urukundo rwa Sheebah Karungi bikunze kuba ingingo igibwaho impaka ku bakurikiranira hafi imyidagaduro by'umwihariko kubakunda umuziki w'uyu muhanzikazi.



Source : https://umuryango.rw/imyidagaduro/article/sinkeneye-uwo-kunezeza-mu-buriri-umuhanzi-sheebah-karungi-yabwije-ukuri

Post a Comment

0Comments

Post a Comment (0)