Davis d yerekeje mu budage yifunze bwuma gukorerayo ibindi bitaramo (Amafoto) - YEGOB #rwanda #RwOT

webrwanda
0

Davis D umwe mu bahanzi barimo bazamuka neza mu muziki nyarwanda, arimo akora ibitaramo bitandukanye aho arimo azenguruka i burayi ataramira abanyaburayi abaha ku byishimo.

Nyuma yo gukorera igitaramo mu bufaransa kikaza kwishimirwa na benshi, yerekeje mu gihugu cy'ubudage aho agiye gukomerezayo urugendo rwe rwo guha abanyaburayi ibyishimo.

Davis D yerekeje i burayi akorerayo ibitaramo ariko yongera kugaruka hano mu Rwanda igihe gito kugira ngo yongereshe igihe Visa ye izamara kuko yari igihe kurangiza igihe cyayo.

Indirimbo zakunzwe cyane za Davis D arimo aranifashisha cyane muri ibi bitaramo bye harimo nka Eva, Ifarasi ndetse nizindi zitandukanye.

 

 



Source : https://yegob.rw/davis-d-yerekeje-mu-budage-yifunze-bwuma-gukorerayo-ibindi-bitaramo-amafoto/

Post a Comment

0Comments

Post a Comment (0)