Cholera iri kwiyongera bikomeye mu bihugu by'Afurika– WHO #rwanda #RwOT

webrwanda
0

Urwego rushinzwe ubuzima ku Isi WHO ,rwatanze impuruza ko indwara Cholera iterwa n'umwanda ikomeje kwiyongera ku muvuduko udasanzwe.

Ni ikibazo uru rwego rwavuze ko gikabije cyane mu bihugu byinshi by'Afurika, ruburira gukaza ingamba z'isuku mu rwego rwo kurinda abaturage babyo

Ni mu bushakashatsi WHO yakoze mu kwezi gushize kwa gashyantare bwatanze ishusho y'uko iki kibazo kimeze mu bihugu bitandukanye ku isi.

Kugeza ubu, ibihugu bine nibyo bimaze gutangaza Ebolla nk'icyorezo cyibyugarije. Muri byo harimo Tanzania, Zambia, Zimbabwe na South Africa, byatumye ubu habarurwa ibihugu 24 byugarijwe na Ebola ku isi.

Ukwiyongera kw'icyorezo cya Ebola gikabije cyane mu bihugu bya Malawi na Mozambique biherereye mu ihembe ry'Afurika

WHO irakangurira amahanga gufata ingamba zihamye zo kurwanya Ebola kuko ubu hari ikibazo cy'imiti n'inkingo bihagije nabyo biri mubiri ku yitiza umurindi.
BBC



Source : https://umuryango.rw/amakuru/mu-mahanga/ubuzima/article/cholera-iri-kwiyongera-bikomeye-mu-bihugu-by-afurika-who

Post a Comment

0Comments

Post a Comment (0)