Abakobwa gusa: Ngibi ibintu ukwiriye kwirinda gukoza mu kanwa mu gihe ubabazwa n'imihango - YEGOB #rwanda #RwOT

webrwanda
0

Imihango ku mugore cyangwa umukobwa ni ikimenyetso cy'uko ashobora gusama mu gihe akoze imibonano mpuzabitsina idakingiye.
Gusa hari abayijyamo bakagira ububabare bwinshi cyane bitewe n'impamvu runaka nk'uko rwagiye tubigarukaho mu nkuru zabanje.
Impamvu zishobora kuba zigutera kubabara uri mu mihango:
Dore zimwe mu mpamvu zigutera kuzahazwa n'imihango https://yegob.rw/dore-zimwe-mu-mpamvu-zigutera-kuzahazwa-nimihango/

Muri iyi nkuru tugiye kugaruka ku bintu umukobwa uri mu mihango atagomba gukoza mu kanwa ke niyo yaba abikunda cyane:

-Isukari yakorewe mu ruganda si nziza mu gihe ubabazwa n'mihango. Wakoresha ubuki, cyangwa ukayigabanya ikaba nkeya.

-Gabanya cyangwa uhagarike kunywa ikawa, kuko kafeyine irimo atari nziza kuri ubwo buribwe .

-Ugomba kugabanya umunyu mu byo urya ahubwo wongere ibirungo kuko byongera uburyohe na byo.

-Gabanya kunywa inzoga kuko alukoro( Alcohol) si nziza uri mu mihango.
â€" Gabanya Kunywa itabi kuko si ryiza mu gihe ubabazwa n'mihango.



Source : https://yegob.rw/abakobwa-gusa-ngibi-ibintu-ukwiriye-kwirinda-gukoza-mu-kanwa-mu-gihe-ubabazwa-nimihango/

Post a Comment

0Comments

Post a Comment (0)