"Abanyamakuru mujye mu kuzimu" Wa mugore urwaje Dr Kanimba urembeye yatutse abanyamakuru bari gushaka kumenya ukuri (VIDEWO) - YEGOB #rwanda #RwOT

webrwanda
0

Mu minsi yashize nibwo hasohotse intabaza kuri Dr Kanimba urembeye mu rugo.

Uyu muganga arwajwe n'umugore wabyaranye na mukuru we.

Umuryango wa Kanimba uvuga ko ibyo gusaba ubufasha byagaragaye mu itangazamakuru batari babizi.

Abanyamakuru bafashe iya mbere mu kumenya inkunga iri guhabwa Dr aho iri kujya.

Mu bucukumbuzi, bavumbuye ko amafaranga yose agenzurwa n'uwo mugore umurwaje ndetse binavugwa ko atajya yemerera abandi bantu kwegera umurwayi.

Uyu mugore urwaje Kanimba yabwiye abanyamakuru kujya mu kuzimu nyuma yo kuvuga ko ari gukoresha Dr mu nyungu ze bwite.

AMASHUSHO



Source : https://yegob.rw/abanyamakuru-mujye-mu-kuzimu-wa-mugore-urwaje-dr-kanimba-urembeye-yatutse-abanyamakuru-bari-gushaka-kumenya-ukuri-videwo/

Post a Comment

0Comments

Post a Comment (0)