Arusha abagore benshi kuyizunguza! Haaland n'imisatsi ye barikoroje _ AMAFOTO - YEGOB #rwanda #RwOT

webrwanda
0

Erling Braut Haaland , rutahizamu wa Manchester City ukomeje kuzengereza ubusatirizi bw'amakipe , imisatsi ye ikomeje kurikoroza.

Ku munsi wejo kuwa Gatandatu, ku isaha ya saa Kumi n'ebyiri n'igice nibwo ikipe ya Manchester City yakinaga na Leicester City mu mukino w'umunsi wa 31 wa shampiyona.

Muri uwo mukino Manchester City yatsinzemo ibitego bitatu kuri kimwe.
Gitsinzwe na John Stones wafunguye amazamu, ku munota wa 5 ahawe umupira na Rodri ndetse n'ibindi bibiri byatsinzwe na Erling Haaland.


Haaland usibye kuba yarujuje ibitego 32 muri shampiyona ikibura imitsi 7 ngo irangire, imisatsi ye nayo yavugishije benshi kubera uburyo yayizunguzaga ubwo abakinnyi bari bagiye kuruhuka igice cya mbere kirangiye.

Haaland azunguza imisatsi



Source : https://yegob.rw/arusha-abagore-benshi-kuyizunguza-haaland-nimisatsi-ye-barikoroje-_-amafoto/

Tags

Post a Comment

0Comments

Post a Comment (0)