Breaking news: Abandi bagabo 2 bo muri FERWAFA aka kanya bahise begura - YEGOB #rwanda #RwOT

webrwanda
0

Nyuma y'amasaha make gusa uwari perezida wa FERWAFA Nizeyimana Olivier yeguye ku nshingano ze, abandi bagabo 2 bahise bamukurikira.

Uwari umunyamabanga mukuru wa FERWAFA Bwana Henry Muhire na mugenzi we IRAGUHA David wari ushinzwe imari nibo bamaze kwegura ku nshingano zabo aka kanya.

Amakuru atugeraho avuga ko uko amasaha yicuma hari abandi bayobozi muri FERWAFA bari bwegure ku mirimo yabo.



Source : https://yegob.rw/breaking-news-abandi-bagabo-2-bo-muri-ferwafa-aka-kanya-bahise-begura/

Post a Comment

0Comments

Post a Comment (0)