Dore amasaha meza cyane utari uzi habe na gato, ugomba gufatiraho ifunguro rya Saa sita (lunch) - YEGOB #rwanda #RwOT

webrwanda
0

Buri muntu aba asabwa kugira isaha afatiraho amafunguro, mu rwego rwo kwirinda gukoresha igifu nabi.

Ikinyamakuru Healthline kigaragaza ko ifunguro rya saa sita riba rigomba gufatirwa ku isaha imwe kandi buri munsi, dore ko ibi babihuriza hamwe n'ubundi bushakashatsi butandukanye bwagiye bukorwa kuri iyi ngingo.

Ikindi kinyamakuru cyitwa Mayoclinic gitangaza ko ifunguro rya saa sita rigomba gufatwa ku isaha ya saa saba nyuma ya saa sita ho gato (1p.m).

Mu rwego rwo kwirinda kunaniza umubiri no gutuma usonza cyane, abantu bagirwa inama yo kutarenza amasaha atandatu nyuma y'ifunguro rya mugitondo, kugira ngo ibinure bikomeze bigume ku murongo.

 



Source : https://yegob.rw/dore-amasaha-meza-cyane-utari-uzi-habe-na-gato-ugomba-gufatiraho-ifunguro-rya-saa-sita-lunch/

Post a Comment

0Comments

Post a Comment (0)