
Mu mujyi wa Kigali ibintu bikomeje kugorana kugeza ubwo umukobwa anywa inzoga kugeza ubwo guhaguruka ngo yikure aho yicaye bikamunanira.
Ni amashusho akomeje gucicikana kumbuga nkoranyambaga y'umukobwa yagaragaye yicaye mu muhanda yasinze guhaguruka bikamunanira.