Kubera iki umubu uduhira ugana mu matwi? Menya impamvu - YEGOB #rwanda #RwOT

webrwanda
0

hari impamvu ikomeye itera imibu kuduhira isatira amatwi. Niba udatwikira amatwi yawe, ufite imari ishyushye ku mibu.

Niba waryamye wiyoroshe, hari icyizere cyinshi cyo gusiga umutwe worosoye, ubushakashatsi bugaragaza ko ubukurugutwa(ear wax)bufite impumuro ikurura imibu ku buryo aricyo iza ishakisha.

Gusa no mu busanzwe umubu ikururwa n'umwuka w'umubiri umuntu asohora kubera ko iba ishakisha amaraso(imibu y'imigore nk'uko nabivuze).

Igishoboka kugira ngo urwanye ibi icyo ukwiye gukora ni ukugira isuku ihagije mu matwi. Icyakoze uryamye utiyoroshe cyangwa nturare mu nzitiramubu ibi ntago byabuza umubu kukurya.



Source : https://yegob.rw/kubera-iki-umubu-uduhira-ugana-mu-matwi-menya-impamvu/

Post a Comment

0Comments

Post a Comment (0)