Ni wowe ubwirwa: Ntuzigere unywa amazi muri iki gihe kabone niyo waba ufite inyota nk'ubutayu - YEGOB #rwanda #RwOT

webrwanda
0

Umubiri wacu ukenera amazi kugira ukomeze ibikorwa bimwe na bimwe nko kuyungurura imyanda no kugabanya umunyu, ayo mazi rero hari igihe ugomba kuyanywa no kutayanywa.

Muri iyi nkuru tugiye kukubwira igihe utagomba kunywa amazi kabone niyo waba ufite inyota nk'ubutayu.

Mu ijoro

Ntukanywe  amaze mu ijoro kabone niyo waba ufite inyota kuko iyo uyanyweye ugahita ujya kuryama, byangiza ibitotsi byawe ndetse umubiri ntabwo uruhuka.

Nyuma yo kurya imbuto

Si byiza kunywa amazi nyuma yo kurya imbuto kuko ziba zifitemo acid rero iyo uhise uyanywa birivanga bigatuma igifu gicanganyikirwa.

Mu gihe uri kurya

Benshi ibi byo murabizi ko aronga amafunguro bigatuma umubiri ugorwa no kubona intungamubiri ziri mu biryo wariye.



Source : https://yegob.rw/ni-wowe-ubwirwa-ntuzigere-unywa-amazi-muri-iki-gihe-kabone-niyo-waba-ufite-inyota-nkubutayu/

Post a Comment

0Comments

Post a Comment (0)