Ubusambayi mu rubyiruko bwafasha indi ntera ku buryo udukingirizo miliyoni 4 ntaho tubakora - YEGOB #rwanda #RwOT

webrwanda
0

Ubusambanyi bumaze gufata indi ntera mu rubyiruko, kugeza ubwo udukingirizo terenga miliyoni enye dutangirwa ubuntu twabaye y'iyanga ndetse amakuru avuga ko dushira umwaka ntaho uragera.

By'umwihariko urubyiruko ruza ku isonga mu bahura n' ingaruka ziterwa no kwishora mu busambanyi bakiri bato, imibare igaragaza ko abatarageza y'imyaka 24 ari bo bakunze kwishora mu mibonano mpuzabitsina, muri bo ibihumbi 2.992 bafata imiti igabanya ubwandu bw'abakoko gatera SIDA

Umukozi ushinzwe urubyiruko muri AIDS HeaLth Care Foundation, Bikorimana avuga ko hari umushinga uri gukorera mu turere 11 uri gutanga udukingirizo mu mavuriro 29 yo muri utwo turere hagamijwe gukumira ubwandu bushya mu rubyiruko.



Source : https://yegob.rw/ubusambayi-mu-rubyiruko-bwafasha-indi-ntera-ku-buryo-udukingirizo-miliyoni-4-ntaho-tubakora/

Tags

Post a Comment

0Comments

Post a Comment (0)