Umuhanzi Ed Sheeran yajyanywe mu nkiko - YEGOB #rwanda #RwOT

webrwanda
0

I Manhattan muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika , yatangiye urubanza ruregwamo umuhanzi Ed Sheeran aho akurikirabyweho kwiba ijyana ( Ibizwi nki gushishura) indirimbo ya Marvin Gaye yakoze mu 1973.

Iyi ndirimbo igiye kujyana Sheeran mu nkiko yitwa ' Let's Get It On'. Abareberera Marvin Gaye bavuga ko Sheeran yabashishuye akayikoresha mu ndirimbo yitwa ' Thinking Out Lord's yakoze muri 2014.

Bitenganyijwe ko Ed Sheeran w'imyaka 32 agomba kuzitaba iburanisha rizamara icyumweru akiregura kuri ibi birego byatanzwe mu 2017.



Source : https://yegob.rw/umuhanzi-ed-sheeran-yajyanywe-mu-nkiko/

Post a Comment

0Comments

Post a Comment (0)