Wasanga ntabyo wari uzi: Menya ibyiza byo kubanza kwihagarika mbere yo gukora imibonano mpuzabitsina - YEGOB #rwanda #RwOT

webrwanda
0

Imibonano mpuzabitsina n'igikorwa gifite agaciro gahambaye ariyo mpamvu abagikora bagomba kumenya buri kimwe cyatuma iki gikorwa kigenda neza cyane kurushaho.

Abahanga mu bijyanye n'imyororokere bemeza ko burya kubanza kwihagarika mbere yo kujya gukora imibonano mpuzabitsina ari byiza cyane kuko byongera uburyohe cyangwa se ibyishimo ku gikorwa muba mugiye kujyamo.

Ku nkuru dukesha 7Sur7 ivuga ko inzobere mu by'ubuzima bw'imyorororkere yitwa Wilfried  Gyselaers yavumbye ko atari byiza kujya gukora igikorwa cy'imibonano mpuzabitsina mu ruhago huzuyemo inkari kuko bituma igikorwa kitagenda neza kandi uburyohe bwacyo bukagabanyuka.



Source : https://yegob.rw/wasanga-ntabyo-wari-uzi-menya-ibyiza-byo-kubanza-kwihagarika-mbere-yo-gukora-imibonano-mpuzabitsina/

Post a Comment

0Comments

Post a Comment (0)