Goma yaba iri mu mipangu ya M23 vuba aha? - Umuryango.rw #rwanda #RwOT

webrwanda
0

Byatangajwe n'Umuvugizi wa Guverinoma ya Congo, Augustin, ubwo yari mu nama idasanzwe y'Abaminisitiri iheruka kubera i Kinshasa.

Yavuze ko "umutekano ukomeje kurangwa no kongera Ingabo mu birindiro bya RDF/M23 mu rwego rwo guteganya kugaba ibitero rusange, intego nk'uko amakuru Bwiza ifite ari iyo kwigarurira Umujyi wa Goma."

M23 kuri ubu nta cyo iratangaza kuri aya makuru!

Uyu mutwe cyakora uravugwaho gutegura kugaba ibitero i Goma, mu gihe hashize amezi akabakaba atatu imirwano yarahagaze hagati yawo n'Ingabo za Congo.

Kugeza ubu ntacyo M23 iratangaza ku birego ishinjwa na Congo .icyakora nti yahwemye kugaragaza ko Rdc Iyihimbira ibyaha mu rwego rwo gutuma irebwa nabi no kudahabwa agaciri kw'amahanga kubyo idahwema gusaba leta yita iyabo!



Source : https://umuryango.rw/amakuru/mu-mahanga/umutekano/article/goma-yaba-iri-mu-mipangu-ya-m23-vuba-aha

Post a Comment

0Comments

Post a Comment (0)