"ntago nzanywe n'amafaranga" Umunyamakuru Ndahiro Valens Pappy wakaniye ko agomba kwinjira mu muziki yavuze ko amafaranga atari yo amuzanye mo, ahubwo avuga icyatugunguye benshi - YEGOB #rwanda #RwOT

webrwanda
0

'ntago nzanywe n'amafaranga' Umunyamakuru Ndahiro Valens Pappy wakaniye ko agomba kwinjira mu muziki yavuze ko amafaranga atari yo amuzanye mo, ahubwo avuga icyatugunguye benshi

Ndahiro Valens Papy umenyerewe mu mwuga witangazamakuru yongeye gukomoza ku bijyanye mu kwinjira mu muziki kwe ndetse abishimangira avuga ko atazaba aje gushaka mo amafaranga ahubwo azaba aje kwimara agahinda.

Mu kiganiro yahaye The Choice yavuze ko bitatungura n'abantu akoze indirimbo imwe gusa agahita arekera kuko we ngo icyo agamije ni ugutanga ubutumwa binyuze mu ndirimbo.

Ndahiro Valens Papy ni umunyamakuru kuri ubu ukorera kuri Terevisiyo ya BTN Tv mu gisata cy'amakuru.



Source : https://yegob.rw/ntago-nzanywe-namafaranga-umunyamakuru-ndahiro-valens-pappy-wakaniye-ko-agomba-kwinjira-mu-muziki-yavuze-ko-amafaranga-atari-yo-amuzanye-mo-ahubwo-avuga-icyatugunguye-benshi/

Post a Comment

0Comments

Post a Comment (0)