'Ntukabumbe amaguru' Hari udukosa duto abagore bakora mu gihe cy'amabanga y'abashakanye bigatuma abagabo bataryoherwa [irinde utu dukosa] - YEGOB #rwanda #RwOT

webrwanda
0

'Ntukabumbe amaguru' Hari udukosa duto abagore bakora mu gihe cy'amabanga y'abashakanye bigatuma umugabo ataryoherwa [irinde utu dukosa]

Mu mabanga y'abashakanye niho umugabo ahuriza urugwiro n'umugore we iyo akozwe neza.

Gusa hari udukosa tumwe na tumwe abagore bakora muri icyo gikorwa bigatuma abagabo bakuramo agahinda aho gukuramo umunezero.

Muri ayo makosa harimo nko kubumba amaguru mu gihe umugabo ashaka ko mubikora, aha ntuzigere uyabumba kuko iyo ubikoze bishobora no gutuma aguca inyuma.

Mwihe wese, iyo umugabo yageze mu gihe cyo gukora imibonano mpuzabitsina aba ashaka umugore we ntabwo aba amushaka igice.

Mutegure, abenshi iyo bageze muri iki gikorwa babikora nk'umuhango bigahita birangira gusa hari uburyo bwiza bwo gutegura umugabo wakoresha nko kumusoma n'ibindi.

Garagaza umunezero wawe mu gihe muri mu gikorwa, ntutawugaragaza azagufata nkaho atajya aguhaza kuri iyi ngingo.



Source : https://yegob.rw/ntukabumbe-amaguru-hari-udukosa-duto-abagore-bakora-mu-gihe-cyamabanga-yabashakanye-bigatuma-abagabo-bataryoherwa-irinde-utu-dukosa/

Post a Comment

0Comments

Post a Comment (0)