Ubwiza bwe bureshya benshi: Menya impamvu Shaddy ari  we uzajya kwakira umuhanzi Kidumu Kibido mu gitaramo afite mu Bubiligi - YEGOB #rwanda #RwOT

webrwanda
0

Ubwiza bwe bureshya benshi: Menya impamvu Shaddy ari  we uzajya kwakira umuhanzi Kidumu Kibido mu gitaramo afite mu Bubiligi.

Shaddyboo umaze iminsi ku mugabane w'u Burayi ni we uzakira Kidum mu gitaramo agiye gukorera i Bruxelles ahitwa 'Blu Bruxelles' ku wa 6 Gicurasi 2023.

Uyu mugore umaze igihe i Burayi yiyambajwe mu rwego rwo kureshya Abanyarwanda n'Abarundi bamukunda muri iki gitaramo Kidum agiye gukorera mu Bubiligi.

Iki gitaramo ni kimwe mu byo Kidum agiye gukorera i Burayi aho ari kubarizwa muri iyi minsi.

Kidum aherutse gutaramira i Kigali mu ijoro ryo ku wa 24 Gashyantare 2023 mu gitaramo yahuriyemo n'abarimo itsinda rya B2C ndetse na Confy.



Source : https://yegob.rw/ubwiza-bwe-bureshya-benshi-menya-impamvu-shaddy-ari-we-uzajya-kwakira-umuhanzi-kidumu-kibido-mu-gitaramo-afite-mu-bubiligi/

Post a Comment

0Comments

Post a Comment (0)