Umuyobozi wa FA muri Brezil yagize icyo atangaza kuri Ancelotti niba yajya gutoza ikipe y'igihugu ya Brazil. - YEGOB #rwanda #RwOT

webrwanda
0

Umuyobozi w'ishyirahamwe ry'umupira w'amaguru muri Brazil yemeje ko uwo bifuza kuba yatoza ikipe yabo y'igihugu ari Ancelotti .

Ednaldo Rodrigues uyobora w'ishyirahamwe ry'umupira wa maguru muri Brezil yagize Ati' simvuze ko Ancelotti hari ibiganiro twagiranye gusa turigusuzuma ngo turebe niba tu mucyeneye Kandi niba haricyo yadufasha'

Yakomeje agira Ati' niwe mahitamo yacu yambere ibi ndabivuze Kandi mvugishije ukuru kuko nta mpamvu yo kubihisha, Ancelotti niwe dushaka'.

Uyu mutoza ubu uri gutoza Real Madrid yavuzwe kujya gutoza muri iy'ikipe y'igihugu ya Brazil kuva yasezererwa mu gikombe cy'Isi cya 2022 bitungura ariko uyu mutoza akomeza kubihakana avuga ko azakomeza gutoza ikipe ya Real Madrid.



Source : https://yegob.rw/umuyobozi-wa-fa-muri-brezil-yagize-icyo-atangaza-kuri-ancelotti-niba-yajya-gutoza-ikipe-yigihugu-ya-brazil/

Post a Comment

0Comments

Post a Comment (0)