Yatunguye Isi yose akoresha ibirori bidasanzwe by'urupfu rwe[AMAFOTO] - Umuryango.rw #rwanda #RwOT

webrwanda
0

Ibirori nkibi ntibisanzwe ni nayo mpamvu iyi nkuru yatunguye benshi, umugore w'imyka 37 y'amavuko yatunguye benshi ubwo yakoreshaka ibirori ashaka kureba uko bizaba bimeze igihe azaba yavuyemo umwuka.

Ubusanzwe tumenyereye ko abantu benshi bizihiza ibirori by'amasabukuru, za Bridal Shower, Baby shower, uyu mugore we yahisemo kwizihiza ibirori yise 'pre-burial'

Ni ibirori byabereye mugace uyu mugore atuyemo, yari yatumiye abantu benshi batandukanye ndetse harimo inshuti n'abavandimwe n'abandi bantu bari bahuruye kubera ukuntu byari bimeze.

Muri uyu muhango, uyu mugore yavuzeko yateguye ibi birori ashaka kureba ukuntu bizaba bimeze igihe azaba yapfuye, bazanyemo isanduku ishyirwamo abapfuye aripima ndetse barafunga neza, bashyira no mu mva barongera bamukuramo.

Ni ibirori byari byateguwe neza kuko hari hari ibyo kunywa ibyo kurya ndetse abari bahari wabonagako baje bambariye ikirori.

Kumbuga nkoranyambaga zitandukanye, abarebye aya mafoto banenze cyane uyu mugore n'abamutahiye ibirori bavugako ibi ntabirori birimo ahubwo ari ukwisurira urupfu.

Uyu ni umuhango wabaga hafatwa amafoto n'amashusho by'urwibutso abantu bakaba banibaza icyo azabimaza.

Ubusanzwe tumenyereye ko abantu benshi bizihiza ibirori by'amasabukuru, za Bridal Shower, Baby shower, uyu mugore we yahisemo kwizihiza ibirori yise 'pre-burial'

Ni ibirori byabereye mugace uyu mugore atuyemo, yari yatumiye abantu benshi batandukanye ndetse harimo inshuti n'abavandimwe n'abandi bantu bari bahuruye kubera ukuntu byari bimeze.

Muri uyu muhango, uyu mugore yavuzeko yateguye ibi birori ashaka kureba ukuntu bizaba bimeze igihe azaba yapfuye, bazanyemo isanduku ishyirwamo abapfuye aripima ndetse barafunga neza, bashyira no mu mva barongera bamukuramo.

Ni ibirori byari byateguwe neza kuko hari hari ibyo kunywa ibyo kurya ndetse abari bahari wabonagako baje bambariye ikirori.

Kumbuga nkoranyambaga zitandukanye, abarebye aya mafoto banenze cyane uyu mugore n'abamutahiye ibirori bavugako ibi ntabirori birimo ahubwo ari ukwisurira urupfu.

Uyu ni umuhango wabaga hafatwa amafoto n'amashusho by'urwibutso abantu bakaba banibaza icyo azabimaza



Source : https://umuryango.rw/ubuzima-115/udushya/article/yatunguye-isi-yose-akoresha-ibirori-bidasanzwe-by-urupfu-rwe-amafoto

Post a Comment

0Comments

Post a Comment (0)