Africa y'epfo igiye gushyira mu bikorwa ibyo bakopeye u Rwanda - YEGOB #rwanda #RwOT

webrwanda
0

Inteko Ishinga Amategeko ya Afurika y'Epfo yatoye itegeko rishyiraho ubwisungane mu kwivuza ku baturage bose busa nk'ubuzwi mu Rwanda bwa 'Mutuelle de santé'.

Ni ubwisungane bwitezweho gufasha abaturage benshi kubona ubuvuzi badahenzwe.

RFI yatangaje ko 16% by'abaturage ba Afurika y'Epfo ari bo bari basanganywe ubwishingizi bw'ubuzima bahabwa n'ibigo byigenga.



Source : https://yegob.rw/africa-yepfo-igiye-gushyira-mu-bikorwa-ibyo-bakopeye-u-rwanda/

Post a Comment

0Comments

Post a Comment (0)