"Hari abagabo babyara nk'inzoka, ubwose uri umugabo udapfiriye umwana wawe wapfira iki" Mutesi Scovia mu magambo akakaye yagereranyije abagabo bihakana abana babo n'inzoka(Videwo) - YEGOB #rwanda #RwOT

webrwanda
1

'Hari abagabo babyara nk'inzoka, ubwose uri umugabo udapfiriye umwana wawe wapfira iki' Mutesi Scovia mu magambo akakaye yagereranyije abagabo bihakana abana babo n'inzoka(Videwo)

Mutesi Scovia udasiba gukora ubuvugizi butandukanye ku bintu bitagenda neza kuri iyi nshuro abinyujije mu kiganiro cye cyitwa ingingo y'umunsi gitambuka kuri shene ye ya Youtube yifatiye ku gahanga abagabo babyabara abana bakabihakana aho yabagereranyije n'inzoka kuko ari yo nyamanswa ibyara nti yongere kumenya icyo yabyaye aho kiri cyangwa uko kibayeho.

Mu magambo akakaye Yavuze ko ubundi umugabo nyawe yagakwiye gupfira urubyaro rwe ndetse akarwitangira gusa we ababazwa n'uburyo hari abasore cyangwa abagabo bihakana abana babo nyamara bazi ibyo bakoze.

Gusa benshi mu basore bihakana bamwe mu bana babo bavuga bavuga ko atari bo baryamanye gusa, kandi byemezwa ko mu gihe nta bipimo bya gihanga byafashwe ntaho ukwiye guhera wihakana amaraso yawe.

Reba video hasi..

 



Source : https://yegob.rw/hari-abagabo-babyara-nkinzoka-ubwose-uri-umugabo-udapfiriye-umwana-wawe-wapfira-iki-mutesi-scovia-mu-magambo-akakaye-yagereranyije-abagabo-bihakana-abana-babo-ninzokavidewo/

Post a Comment

1Comments

  1. Hello scovia ibyo wavuze nukuri ndetse kwinshi urugero naguha icyakubeirako ababihakana aribyo bazi cg bashinzwe uburenganzira bwabo ugiye ubaza amateka yabana bari mumuhanda usanga abenshi baranabyawe nibikomerezwa kuko ibiri binini burigihe bitungwa nudufi duto ahubwo umuntu urenganwa mubwo buryo yafashwa ate?

    ReplyDelete
Post a Comment