"Aho umutindi yanitse ntiriva koko indege irongeye yanze kuzima" Abafana batitaye ku bikoko APR FC iri kugura bamaze kuyibambisha hanze y'u Rwanda nyuma y'inkuru itakiriwe neza yavuye muri CAF - YEGOB #rwanda #RwOT

webrwanda
0

'Aho umutindi yanitse ntiriva' Abafana batitaye ku bikoko APR FC iri kugura bamaze kuyibambisha hanze y'u Rwanda nyuma y'inkuru itakiriwe neza yavuye muri CAF.

Ku munsi w'ejo hashize nibwo hatangajwe ko ikipe nta kipe izajya iva mu mikino ya CAF Champions League ijye mur Confederation.

Nk'uko byari bisanzwe, ikipe yavagamo mu kiciro cya kabiri muri Champions League yahitaga ijya muri Confederation gusa ubu byavuyeho.

Nyuma y'iyo nkuru, umunyamakuru Kayishema yagiye kuri Twitter ye maze abaza abafana ukuntu bakiriye iyo nkuru.

Uko byatangiye

Ibyo abafana bavuze



Source : https://yegob.rw/aho-umutindi-yanitse-ntiriva-koko-indege-irongeye-yanze-kuzima-abafana-batitaye-ku-bikoko-apr-fc-iri-kugura-bamaze-kuyibambisha-hanze-yu-rwanda-nyuma-yinkuru-itakiriwe-neza-yavuye-muri-caf/

Post a Comment

0Comments

Post a Comment (0)