Davido nyuma yo guterwa imijuguju n'aba-Islam ubu ari mu byishimo biruta ibindi yigeze agira mu buzima - YEGOB #rwanda #RwOT

webrwanda
0

Umuhanzi uri mu bakomeye ku mugababe wa Africa ho mu gihugu cya Nigeria uzwi kw'izina rya Davido ubu ari mu byishimo bikomeye cyane.

Ni nyuma yuko uyu muhanzi yaramaze iminsi mu buzima butamworoheye ariko ubu ari mu byishimo byo Kwibaruka undi mwana we n'umukunzi we aho bari kubarizwa mu gihugu cy'u Bwongereza.



Source : https://yegob.rw/davido-nyuma-yo-guterwa-imijuguju-naba-islam-ubu-ari-mu-byishimo-biruta-ibindi-yigeze-agira-mu-buzima/

Post a Comment

0Comments

Post a Comment (0)